“Umugabo wanjye yapanze kunyica ngo abone uko abana na murumuna wanjye” ! Umugore yagaragaje ko yagambaniwe n’uwo bava indimwe biramutungura

17/06/2023 17:21

Ni inkuru ibabaje yabaye k’umugore wagambaniwe n’uwo bavuka inda imwe akamutwara umugabo.

 

Nitwa Leah urugo rwanjye mazemo imyaka igera 8 ruri kundunduro nyuma Yuko umugabo wanjye yakunze murumuna wanjye waje tukabana mu nzu. Murumuna wanjye akimara kurangiza amashuri ye yahise aza kuba murugo uwanjye, muri Kenya Nairobi kuko ari mu mujyi ndetse yari bushake akazi bimworoheye.

 

Nishimiye ko aza kubana natwe mu nzu imwe ndetse umugabo wanjye yanze ko murumuna wanjye aza ngo tubane gusa ndabimwumvisha mubwira ko azahamara ibyumweru bicye.

 

Murumuna wanjye akimara kugera mu muryango wacu, umugabo wanjye yarahindutse atangira kumubera inshuti ndetse ko bavuganaga cyane baseka ubona bishimye.Uko gukururana kwaje kunshanga ubwo umugabo wanjye yangaga kujya ku kazi avuga ko ntakintu ajya gukora ahubwo akambwira ko arinjye ukwiye kujya mu kazi.

 

Bwa mbere, sinigeze mbigiraho ikibazo cyane ko numvaga Ari umuryango batajya mu gukururana gushira imibonano mpuzabitsina. Nibwo mu minsi yakurikiye umukozi wo murugo yampamagaye ubwo nari nagiye ku ishuri kureba umukobwa wacu aho yiga.Yambwiye ko umugabo wanjye na murumuna wanjye baryamana.

 

Ambwira kuza murugo vuba nibwo naje mbasanga bambaye uko bavutse.Mu masoni menshi bambwiye ko bari bafite gahunda yo kuzanyica bagasira bishimanye. Umugabo wanjye sinumva ko yabikora gusa natunguwe nibyo nabonye ndetse narebaga mushiki wanjye kuntu ansenyeye nkumva ndababaye cyane.

 

Nahise nirukana murumuna wanjye ngo asubire mu rugo umugabo wanjye we ubu tubanyu tutavugana kuko byarananiye kumubabarira.

Source: majira.co.ke

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Advertising

Previous Story

Ese koko mu mibonano mpuzabitsina habamo gupfuba? Impamvu nyamukuru abashakanye bari gushora Imari mu bapfubuzi iri ku mugabo cyangwa ni umugore?

Next Story

Umusore yashoye arenga Miliyoni 67 FR kugira ngo abagwe ase nk’igipupe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop