Umusore nyuma yo gutera umukobwa inda, yagiye iwabo w’umukobwa maze atangira kumutekera mu maso ya se

30/10/2023 19:36

Inkuru ikomeje kuvugisha abatari bacye hirya no hino ni inkuru yuyu musore wateye inda umukobwa ufite imyaka 18 maze agahitamo gupakira utwe twose akajya kubana nuwo mukobwa iwabo w’umukobwa kugira ngo ajye abona uko yita kuri uwo mukobwa umutwite umwana.

Uyu musore wo mu gihugu cya Kenya ajya gutera inda uyu mukobwa, ubusanzwe uyu mukobwa yari asanzwe aba iwabo mu rugo, akimara kumenya ko yatewe inda uyu mukobwa yagumye iwabo ababyeyii be bakomeza kumwitaho.

 

Uyu musore mu buryo bwo kwita ku mukobwa umutwitiye yahisemo gupakira utwe twese maze yimukira iwabo w’umukobwa.

 

Ibi bintu uyu musore yakoze byatunguye ababyeyi b’uyu mukobwa ndetse ubwo inkuru yasakaraga hirya no hino ku mbugankoranyambaga, abantu benshi ntibari kubyumva kimwe kuko bari kubijyaho impaka kuburyo rwabuze gica ahantu hose.

 

Papa ubyara uyu mukobwa yatunguwe nibyo uyu musore yakoze maze mu kugira uko abyitwaramo ahitamo kureka uwo musore ngo atire aho ubutazasubirayo kubera urukundo rutangaje yagaragarije umukobwa we.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Ibintu 5 abagore babona nk’ibidasanzwe k’umugabo bishakanye nawe

Next Story

Umusore n’umukobwa bagaragaye bari gusezerana bambaye udupira dusanzwe kubera kubura ayo gukodesha agatimba

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop