Umuramyi Tumaini Byinshi wamamaye mu ndirimbo ‘Abafite ikimenyetso’ yatanze amashimwe menshi ku Mana nyuma y’uko umugore we arokotse impanuka ikomeye

20/10/2023 08:31

Uyu muhanzi utuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika ,yemeje ko mugore we yarokotse impamvu ikomeye y’imodoka mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Ukwakira 2023.

 

 

Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram, Tumaini Byinshi , yagaragaje amafoto y’imodoka umugore we yarimo, yangiritse kurwego rwo hejuru.

 

Mu butumwa yanyujije kurukuta rwe rwa Instagram yagize ati:” Ndashima Imana 🙏 cyane kubw’ineza Yayo ihebuje 🙌 mu gitondo cy’uyu musi 10/19/23 Numvaga amashimwe anyuzuye ubwo Ishuti yanjye magara, umutima w’urigo my lovely wife 💚 yakoze impanuka ikomeye ariko Imana Ikamurinda akavamo ari muzima 🙌 simfite amagambo yabisobanura uko Mbyumva gusa kuba mu Mana nibwo bwishingizi buzima.

 

Hashimwe Yesu Christo watwitangiye akatumenyesha inzira yo kwizera ko Byose tubibonera muriwe nanjye Nzaguma munzuye muramya uko Mbishoboye, nzamamaza ineza yee Mubihimbano byumwuka mushime Kuko yangiriye neza🙏 hallelujah 🙌🙌🙌”.

Advertising

Previous Story

Zari Hassan n’umugabo we Shakib Lutaaya na Diamond Platnumz n’abana be yabyaranye na Zari bagiranye ibihe byiza

Next Story

Umuhoza Laika wavuzwe mu rukundo na Harmonize yabiteye utwatsi avuga ko ari inshuti zisanzwe nta rukundo bafitanye

Latest from Imyidagaduro

Go toTop