Umunyamakuru Mulindahabi Irene ari mugahinda ko gupfusha nyirakuru we

25/06/2023 13:47

Umunyamakuru umaze kumenyekana hano mu Rwanda M Irene yagize ibyago byo gupfusha nyirakuru we.

Uyu ni umwe mu banyamakuru bamaze kumenyekanaho kuzamura impano z’abahanzi batandukanye ndetse n’abana bafite impano ariko babuze urutoborero.

Uyu muhanzi abinyujije kuri Instagram Konti y’urubuga rwe , yatangaje ko atewe agahinda ko kubura nyirakuru ibyara mama we , yavuye mu mubiri kuri iki cyumweru tariki 25 Kamena 2023.

Banditse bati:” Umunyamakuru Mulindahabi Irene yapfushije nyirakuru we.

M Irene yatangaje ko yagize ibyago byo kubura nyirakuru we ibyara mama we kuri iki cyumweru tariki 25 Kamena 2023″.

 

Advertising

Previous Story

“Narahohotewe narakubiswe kenshi nzira uko navutse” ! Umuhanzikazi Tonzi mwakunze muri mu ndirimbo ziramya zikanahimbaza Imana yaciye mubikomeye

Next Story

“Ntegereje undi musore wankunda tugakora ubukwe” ! Umugore yavuze ko yicuza cyane kubera ko yakoze ubukwe bwiza nyuma akaza kunanirana n’umugabo we

Latest from Imyidagaduro

Go toTop