“Umukunzi wanjye yangiriye irari turi muruhame turyamaniraho” ! Okoro Blessings yagizwe urwamenyo nyuma y’amagambo yatangaje kuwo bahoze bakundana

18/06/2023 21:47

Ntabwo bisanzwe kumva umugore cyangwa umukobwa wishyira hanze kukarubanda nk’uko Blessings Okoro abikoze maze agasekwa n’abatari bake.

 

Blessings Okoro wamamaye cyane ku mbugankoranyambaga muri Nigeria yahishuye ko we n’umukunzi we babikoreye ku karubanda.Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook aho yari Ari kugira abagore kujya bambara neza bagasa neza cyane mu gihe bari kumwe n’abagabo cyangwa abakunzi babo.

 

Uyu mugore yasobanuye uburyo yajyanye n’umukunzi we muri restaurant gusangira ibyo kurya. Mugihe bari bategereje ko baza kwakirwa yabwiwe n’umukunzi we ko bajya gukoresha ubwiherero. Yavuze ibyo ashaka kugira inama abagore kujya basa neza gusa baramuseka cyane bamugira urwamenyo kubera kumushinja gutakaza n’akari murori.

 

Yavuze ko bageze mu bwiherero bakoze imibonano mpuzabitsina ngo umugabo we yari yagiriye irari umukunzi we ngo kuko yari asa neza uwo minsi.

 

 

 

Source: News Hub Creator

 

 

Advertising

Previous Story

Umugore wamamaye cyane mu gukora ibiganiro bihindura ubuzima bwa benshi yavuze ko yanga se umubyara cyane ahishura ko atigeze ajya no kumushyinguraho

Next Story

NKORE IKI : Umugore wanjye yanciye inyuma turatandukana none ninjye ari kugerekaho amakosa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop