Umukobwa yakoze ibiteye isoni mu muhanda ahanirwa hamwe na bagenzi be

16/11/2023 18:14

Umukobwa yakoze ibiteye isoni mu muhanda ahanirwa hamwe na bagenzi be

Muri iyi minsi tugezemo iterambere rimaze kwangiza umuco ndetse n’ibindi byinshi, kubera izi mbuga nkoranyambaga zateye byagorana ko ku munsi habura umuntu ukora agatendo ku karubanda.

 

Uko abikora Kandi Niko bihita bikwirakwira hirya no hino mu bantu cyane ko izi mbugankoranyambaga zihita zituma icyo kintu gisakara hose.Mu gihugu cya Kenya, umukobwa ukiri muto uri mu myaka ya za 20, utabashijwe kumenywa imyirondoro ye yafashwe amashusho Ari hagati mu muhanda mu mujyi wa Nairobi Ari gukuramo ikariso yari yambaye ku karubanda maze abantu bifata ku minwa barumirwa.

 

Amashusho uyu mukobwa yafashwe Ari gukuramo ikariso yari yambaye ku karubanda, yasakaye hirya no hino ku mbugankoranyambaga maze abantu benshi bakomeza kwemeza ko umuco ukomeje kuba amateka cyane mu rubyiruko.

 

Icyakora, uyu mukobwa yahise atabwa muri yombi n’abashinzwe umutekano kubera igikorwa cyo kwiyandarika ku karubanda ndetse no kwitesha agaciro nkurubyiruko. Nta makuru avuga ku myirondoro yuyu mukobwa yari yamenyekana.

 

Byatumye ku mbuga nkoranyambaga havuka impaka zikomeye hibazwa Niba uwo mukobwa Ari muzima cyangwa Ari afite ikibazo cyihariye, icyakora nta makuru ahari yemeza ko uwo mukobwa afite ikibazo mu mutwe.

 

Abakoresha imbuga nkoranyamaga hirya no hino bakomeje kwibasira uyu mukobwa, umwe yagize ati” Niba udashobora kwiyubaha, kubaha mama wawe ukubyara byo byakunaniza iki koko!!”, Undi nawe ati” Urubyiruko rwubu ni ikibazo muri society, babyeyi mube hafi mu buzima bw’abana banyu mubahe uburere bukwiye.

Umuco nk’uyu ntukwiriye mu rubyiruko

Umwanditsi: Byukuri Dominique

“Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Umukozi w’Imana yavuze uko yarokotse urupfu ubwo yaryamanaga n’abagore babiri bafite ubwandu bwa SIDA

Next Story

Kumezi 7 gusa atunze Company ikomeye ! Asia Brown wo muri Kenya umwe mu bana bato batunze agatubutse

Latest from HANZE

Go toTop