Umukobwa w’ikizungerezi Isimbo Model yaciye amazimwe ashyira hanze ukuri ku cyatumye atandukana n’abandi bakobwa bagize itsinda rya Kigali Boss Babes

13/09/2023 13:51

Nyuma y’amezi 4 gusa batangiye gukorera hamwe nibwo uyu mukobwa wamamaye nka Isimbi Model, yahise abavamo batangira gukora bonyine ndetse nawe araruca ararumira ntiyagira icyo atangaza.Nyuma yo kuvamo kwe , hagiye hatambuka ibihuha bitandukanye bijyanye n’icyatumye ava muri iri tsinda gusa ntibihuz nukuri dore ko hari n’amakuru yavugaga ko aba  bakobwa basesaguraga amafaranga kubyihanganira bikamunanira.

 

 

 

Hari impamvu nyinshi zagiye zitangwamo urwitwazo n’abantu batandukanye batatinyaga kuvuga ko uyu mukobwa yabujijwe n’Itorero asengeramo ndetse bakanavuga ko umugabo we atigeze abikunda nagato.Ibi byagaragaje ko buri wese yivugiraga ibyo yiboneye na cyane we yari yararuciye akarumira.Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI TV uyu mugore ntabwo yaciye kuruhande kucyatumye ava muri iri tsinda.

Isimbi yagize ati:

 

”Mbere na mbere nagirango mbanze iki kintu ngisobanure neza cyane cyumvikane.Hagiye havugwa byinshi bitandukanye nyamara hafi ya byose byari ibinyoma  ariko nyamara muri iki gihugu cyacu cy’u Rwanda turi mu muvuduko uteye ubwoba mu iterambere ndetse n’Igihugu cyacu kikaba kinaduha amahirwe yo kuba umuntu yakora ibintu byinshi bitandukanye.Rero nanjye ndi muri uwo mjyo kuko mfite ibintu byinshi nkora bitanyemerera rimwe na rimwe kujya muri biriya bikorwa akenshi baba bagiyemo.Rero aho kugira ngo mbasubize inyuma muri gahunda zabo nk’igihe twapanze gukora ibikorwa runaka hanyuma njyewe simbashe kuboneka ,byaruta rwose nkabaha umwanya

Advertising

Previous Story

Indirimbo “Calm down” Rema yasubiranyemo na Selena Gomez yakoze amateka adasanzwe mw’itangwa ry’ibihembo rya VMAs itwara igihembo cya “Best afrobeats’

Next Story

Serena Gomez yemeje ko akunda cyane Nigeria ashimira abantu bose bumvise indirimbo Calm down yakoze amateka muri MTV Awards

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop