Umugore yatunguranye nyuma yo kugaragara mu muhanda afite icyapa cyanditseho ko ari gushaka umugabo

28/09/2023 08:29

Ibi ni ibintu bitinywa n’abantu benshi by’umwihariko igitsina gore na cyane ko bamwe bemeza ko bakwemera no kugumirwa aho kugenda mu muhanda bikoreye icyapa kibaza niba hari umugabo witeguye kubashaka.

 

Uyu mugore yafashwe aya mashusho ubwo yagendaga aca hirya no hino abaza niba nta mugabo witeguye gukora ubukwe. Mwebantu washyize hanze aya mafoto n’amashusho, yateye benshi gitekerezo ko hakiri ahantu bafite urukundo, bemeza ko umugore wabonye umugabo avunitse atapfa kumufata nabi uko yoboneye.

 

Kuri iki cyapa yari yikoreye hari handitseho amagambo agira agira ati:” Ndimo gushaka umugabo”. Bamwe mu basubije ubu butumwa harimo uwitwa Cynthia Twaaambo wagize ati:” Reba iruhande rwawe ‘Soulmate’ wawe niho yibereye”.

 

Hamayumba yagize ati:” Uzengurutswe n’abagabo bafata umwe”. Mulenga ati:” Umugabo ushoboye akuri iruhande”.

 

REBA HANO AMASHUSHO Y’UWO MUGORE

source: TUKO

Advertising

Previous Story

Ibitaro birashinjwa kuba umurwayi yabipfiriyemo ariko abaganga bagakomeza kwizeza ba nyiri umurwayi ko akiri muzima

Next Story

Afata Tom Close nk’umubyeyi we muri muzika ! Dore indirimbo za The Ben z’ibihe byose zizatigisa Umujyi wa Bujumbura

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop