Umugore yasutse amavuta ashyushye kuri mugenzi we amuziza ko yasutse ibisuko bisa nibye

31/01/2024 14:30

Imwe mu nkuru ibabaje ni inkuru yuyu mugore wo mu gihugu cya Kenya mu, mujyi wa Nairobi aho uyu mugore yakoze amabara agafata amavuta ashyushye akayasuka ku mugore mugenzi we amuziza ko yasutse ibisuko bisa nibye mbese ko yamwiganye.Nk’uko byatangajwe na NTV yavuze ko abo bagore bombi ubusanzwe ari abaturanyi ariko umwe muri bo akaba yakomerekeje mugenzi we bikomeye cyane amuziza ko yasutse ibisuko bisa nibye.

 

 

Uyu mugore witwa Catherine Wanjiru yasutse amavuta ashyushye kuri mugenzi we witwa Sherry Nyanchomba, bombi batuye mu mujyi wa Nairobi ndetse ngo ibyo byose yabikoze aziza uyu mugore kuba yamwiganye ibisuko yari asutse ndetse akamwigana byose namabara yabyo.

 

 

Mbere Yuko ibyo byose biba, uyu mugore witwa Catherine Wanjiru bivugwa ko yihishe mugenzi we akamutega afite amavuta ashyushye yamubona agahita afata ayo mavuta ashyushye akayamusuka mu maso.Uyu mugore Sherry Nyanchomba yahise ajyanwa ku bitaro ndetse bamwitaho gusa akimara kuvayo yahise ajya gutanga ikirego mu bashinzwe umutekano kugira ngo bakurikirane uwo mugore wamuhohoteye akamusukaho amavuta ashyushye.

 

 

 

 

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Umukobwa wagaragaye mu mashusho ari gusomana n’umusore wari ugamije guca agahigo ko gusomana igihe kikini akomeje kwibasirwa bikomeye

Next Story

“Ni wowe mugisha uhambaye nzi mu buzima bwanjye” ! Pastor Rev Lucky Natasha yahaye ubutumwa bukomeye umugabo we

Latest from HANZE

Go toTop