Umugore wa Will Smith wavuzweho ubutinganyi , yatangaje ko we n’umugabo we bazakomeza gukundana uko byagenda kose

28/11/2023 18:37

Umugore wa Will Smith Jada Prinkett  yatangaje ko we n’umugabo we bazakomeza gukundana ndetse bakubaka urukundo rwabo uko byagenda kose.Uyu mugore yatangaje ibi nyuma y’aho amakuru avugiye ko batandukanye mu 2016 mu ibanga gusa.

 

Mu kiganiro yagiranye na The Drew Barrymore Show , uyu mugore wa Will Smith yavuze ko ntabihuha bizigera bibatandukanye.

 

Umunyamakuru yagize ati:”Njye ndimo kwiyumvamo ko ibicucu byanyu bishobora kuba bayaramaze kubatandukanyiriza muri iki gitabo.Ahari bazagumana cyangwa bamaze gutandukana ? Bisa naho mutazagumana iteka”.

 

Uyu mugore akimara kumva aya magambo yahise asubiza ati:”Tuzagumana iteka ryose. Naragerageje. Twaragerageje “.

 

Mu kwezi kwatambutse, uyu mugore niwe washyize ukuri hanze avuga ko we n’umugabo we batandukanye mu 2016.

Uyu mugore n’umugabo we bashakanye muri 1997 bafitanye abana 2

 

Advertising

Previous Story

Nkore iki ? : Nashakanye n’umukobwa mwiza nziko ari isugi none twageze mu gitanda ndibura

Next Story

Umugabo yishe umwana we w’imyaka 13 amuhoye ko yamwibye inkoko 2 z’isake

Latest from Imyidagaduro

Go toTop