Umugabo n’umukobwa we bafatiwe muri Lodge bari gutera akabariro

04/01/2024 10:11

Mu gihugu cya Kenya hakomeje kuvugwa Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga aho umugabo n’umukobwa we bafashwe baryamanye muri Lodge bari gutera akabariro nyuma yuko umugore wuyu mugabo abatanze akabivuga byose.

Amakuru dukesha Chamagei FM aravuga ko uyu mugabo n’umukobwa we yibyariye basanzwe muri Lodge bari gusambana.

Nkuko bikomeje gutangazwa, uyu mugabo yari amaze igihe kinini Ari mu rukundo n’umukobwa we yibyariye bityo akaba aribyo byanatumye bajya gushaka lodge yo gukomerezamo urukundo rwabo nkuko n’abandi Bose bakundana babikora bityo birangira bagiye muri Lodge gutera akabariro.

 

Umugore w’uyu mugabo mbere y’uko bafatwa, avuga ko ubusanzwe yari abizi ko uyu mugabo we n’umukobwa we bari mu rukundo kandi baryamana ariko ngo yari afite ubwoba bwo kugira uwo yabibwira ngo amwumve.

 

Ubwo bwoba bwo kubivuga bwashiraga uyu mugore yiyemeje kubivuga maze basangwa muri Lodge.

Amakuru akomeza avuga ko Kandi byarangiye uyu mukobwa atewe inda na se umubyara ariko bakaba bari gushaka uburyo bwo gukuramo iyo nda kuko ngo uwo mukobwa arengana ndetse akiri muto bityo byaba ikibazo aramutse abyaye uwo mwana.

Source: Chamgei FM

Advertising

Previous Story

Bikomeje kumubera ihurizo ! Umugabo ufite abagore 6 akomeje kugorwa no guhitamo uwo bazabyarana mbere

Next Story

Kimenyi Yves na Muyango Claudine basezeranye imbere y’Amategeko

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop