Shakib na Zari Hassan bahaye ubutumwa abanzi b’urukundo rwabo

07/06/2024 09:06

Umuryango wa Shakib Cham Lutaaya na Zari Hassan bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo, batangaje ko batazigera batandukana nk’uko ngo byifuzwa n’abo bise abanzi babo [ Haters ].

Ibi babitangaje mu mashusho bashyize hanze akubiye mu gisa n’ikigabiro kuko bombi bari kumwe bicaranye.Zari Hassan n’umugabo we bavuze ko bajya gukundana no gushakana hari abavuze ko bizarangirira mu marira [ End In Tears ].

Babatega iminsi ngo bashingiraga cyane ku itandukaniro ry’imyaka iri hagati yabo nyamara bo bavuga ko urukundo rwabo ntaho ruzajya kuko bakundana cyane mu buzima bwabo bwa buri munsi.

Zari Hassan w’imyaka 43 na Shakib w’imyaka 32 bakoze ubukwe muri 2023 bubera muri Afurika y’Epfo.Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare, inshuti n’imiryango

Advertising

Previous Story

Menya igihe udakwiriye koza amenyo yawe

Next Story

NKORE IKI: Ndi umugabo wubatse ariko nakunze undi mwana w’umukobwa ku buryo ntabaho nta mufite

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop