Rema yakoze amateka yo guhigika abo bari bayanganye muri MTV Awards 2023.
Â
Ubwo Rema yari amaze guha ijambo Serena Gomez kugira ngo agire icyo avuga nk’umuntu bafatanyije gusubiramo Calm down, Rema akaza guhembwa nka Best Afrobeat Of Year , Serena Gomez yavuze ko akunda cyane igihugu cya Nigeria.
Mu ndirimbo bari bahanganye harimo ; It’s Plenty ya Burna Boy , Unavailable ya Davido na Musa Keys, n’izindi.Ubwo Rema yari amaze kwakira iki gikombe yagaragaje ko afite ibyishimo byinshi , asaba abafana be gusakuza cyane kugira ngo bamwereke ko bamushyigikiye.
Â
Rema yahise ahereza ijambo Selena Gomez nawe agira icyo avuga , uyu muhanzikazi yagize ati:” Warakoze kunyizera ukampa amahirwe yo kugaragara mu ndirimbo nziza nk’iyi ikoze amateka.
Â
Ndashimira cyane abantu bumvise iyi ndirimbo kandi urukundo rwanjye rwose ndwerekeje muri Nigeria”.
Â
Rema yahishuye ko yanditse iyi ndirimbo Calm Down ashaka kuyihuza n’amateka yanyayo ubwo yari ahagaze ahantu akabona umukobwa mwiza