Rihanna agiye gufungura Business nshya

06/06/2024 14:04

Umuhanzikazi Rihanna wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika , yatangaje ko agiye gufungura indi ‘Businss’ yiyongera kuri ‘Fenty Beauty’.

Uyu muhanzikazi ‘Mogul Rihanna Robyn Fenty [Rihanna] yatangaje ko agiye kwinjira mu bundi bucuruzi yise ‘ Fenty Hair’, avuga ko buzafungura imiryango ku wa 23 Kamena 2024.Yagize ati:”Hadutse undi muryango mushya turi guha ikaze.Ubu twamaze gutegura uburyo bwo gukora umusatsi nk’uko mwari mubitegereje.

Rihanna yakomeje avuga ko yamaze gutegura icyo bisaba cyose kugira ngo abashe gutangiza ubu bucuruzi atangariza abakunzi be ko ku wa 23 Kamena aribwo azabushyira hanze.Ubusanzwe Rihanna ni umuhanzikazi ukomeye ukundwa n’abatari bake.

Advertising

Previous Story

“Kwirukanywa kuri Radio 10 icyumweru kidashize ni igikomereye mbana nacyo mu buzima”! Aime niyibizi kuri mu bihembo by’umunyamakuru mwiza w’umwaka!.

Next Story

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yashyize hanze urutonde rw’agateganyo rw’abakandida

Latest from Imyidagaduro

Go toTop