Rekera kubwira umukunzi wawe ngo “Ndagukunda” birashaje ! Dore amagambo agezweho yasimbuye ndagukunda

by
26/07/2023 21:59

Mu myaka yagiye itambuka, kubwira umuntu ko umwiyumvamo byagusabaga kumubwira ko umukunda(I love you). Gusa uko imyaka igenda ihita indi ikaza hagenda haza amagambo mashya Kandi aryoheye amatwi.

 

Mu gihe ufite umukunzi wawe mukundana Kandi mukaba mu kundana ntaburyarya hari amagambo menshi wakoresha mu kumubwira ko umukunda Kandi akabyumva kurushaho.

 

Dore amwe muri ayo magambo asobanuye byinshi mu rukundo rwawe ndetse n’umukunzi wawe.

1.I adore you ( ndagukunda)

2.You complete me ( uranyuzuza)

3.You fill my heart with love (Umutima wanjye uwuzuza urukundo)

4.You’re everything to me ( uri byose byanjye)

5.I’m crazy about you ( naragusariye)

Yego ushobora gukunda umuntu Kandi bidasabye ko mujya mu rukundo twavuga nkinshuti yawe, cyangwa se umuryango wawe ukunda cyane.

 

Niba uri gushaka kubabwira urukundo ubafitiye, dore amwe mu magambo wakoresha kandi avuze byinshi.

1.You mean a lot to me ( isobanuye byinshi kuri njye)

2.I appreciate you ( ndagushimira)

3.I care about you ( nkwitaho)

4.You matter to me ( uvuze byinshi kuri njye)Ese wowe Hari Andi magambo Uzi meza akoreshwa tutavuze haruguru!??

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: News Hub Creator

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

“Nta mugore wari ukwiriye kwahukana ngo ate umugabo we” ! Rita Daniels yagiriye inama abagore bahukana bagata abagabo babo

Next Story

“Byarutwa nkapfa ntashatse umugore aho gutereta umukobwa w’imyaka 30” ! Speed Darlington

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop