Peter Okoye yatunguranye

16/05/2024 13:49

Umuhanzi Peter Okoye yatunguye abafana be n’abakunzi ba muzika ubwo yafataga umwanya akajya gushyirishaho  uruhara ku mutwe akavuga ko ngo ari byo bituma atuza mu ifoto abana be bakamukunda.

Umuhanzi Peter Okoye [Mr P] ukomeye mu itsinda rigizwe n’impanga muri Nigeria, yagaragaye mu Mujyi wa Istanbul muri ‘Salon’ yo gosha arimo kwiyogoshesha mu buryo butavuzweho rumwe gusa we akagaragaza ko ari byo bituma yumva atuje.

Ibi yabinyujije kuri Konti ye ya Instagram aho yagaragaje ko atigeze abeshya abafana be n’ibitsina rye n’umuvandimwe we RudeBoy ko bafite igitaramo muri Asia no muri Europe.

Uyu muhanzi avuga ko intego ariyo gutunganya umusatsi we kugira ngo bimufashe gukomeza kwigirira icyizere mu ifoto [Looking Confident in Photo] ku bw’abafana be.Ati:”Muraho yemwe, Mr P arahabaye . Ndi hano muri Istanbul.Ni nde uraza kwita ku musatsi wanjye?.

“Murabizi ko maze igihe ntatuje ku mutwe wanjye , icyo nzi muzareba ‘Before and After’, [Kugereranya we wa mbere nawe wa nyuma yo gukuzaho umusatsi”.Nyuma ya komeje gutembereza abafana be muri Salon.

Mr P , yafatiye ifunguro muri Salon aho barimo bamwogosha bitangaza abatari bake.Yagize ati:”Yemwe igihe cyo kurya kirageze.Ubu ndumva meze neza 100%.Ntimuhungabane mwe mu ndebe gusa”.Ubusanzwe uyu muhanzi ni umwe mu bafite umuziki wo muri Afurika by’umwihariko  Nigeria aho akomoka.

Advertising

Previous Story

Bruce Melodie yavuze kubyo kwibagisha inda , asubiza Agasaro umusaba indezo

Next Story

Kizz Daniel yahishuye ibintu 3 afata nk’ingeso zamuniye kureka

Latest from Imyidagaduro

Go toTop