Nyuma yo kubona ko umugore umwe adahagihe, umugabo yahisemo gushaka abagore 7 icyarimwe

10/01/2024 08:15

Ubusanzwe gushaka umugore urenze umwe hari ibihugu bidashoka aho usanga umugabo aba yemerewe umugore umwe gusa ariko bimwe mu bihugu byo muri Africa byemerera umugabo umwe kuba yashaka abagore barenze umwe yewe na 15 uba ubemerewe.

 

 

Umugabo yiyemeje gushaka abagore 7 icyarimwe nyuma yo kubona ko umugore umwe adahagihe, mu rusengero rwitwa IPCC niho uyu mugabo yakoreye ubukwe bwe n’abo bagore be bose uko ari barindwi.

 

 

Mu ifoto umwe muri abo bagore yayishize ku rukuta rwe rwa Facebook abantu benshi batangira kuyitangaho ibitekerezo. Aho bamwe bakekaga ko abo bagore bandi bashobora kuba bambariye umugore umwe naho abandi bo bahise babibona umugabo yashakiye rimwe abagore 7.

 

 

Ubusanzwe gutunga umugore umwe ndagiye ubutunzi buhagaze neza bishobora guteza umubano mubi mu rugo. Ibaze abagore 7 noneho, niyo mpamvu abantu benshi bakomeje kuvuga ko uyu mugabo ashobora kuba afite amafaranga ahagije yo kwita kuri abo bagore ndetse nubushobozi buhagize kuko atabufite byazaba ikibazo.

 

Umwe mu bantu  bakoresha imbugankoranyamaga yagiye ahandikwa ibitecyerezo maze avuga ko uyu mugabo abamazeho abagore bityo ko bo batazabona abo bashaka.

 

 

 

Source: thetalk.ng

Advertising

Previous Story

Abagabo babiri bahinduranije abagore kubera kutaryoherwa mu burir ! kuri ubu bavuze ko buri umwe anyuzwe noneho

Next Story

Umugabo w’imyaka 54 yashakanye n’umukobwa w’imyaka 4 ufite ubumuga kugira ngo arengere ubuzima bwe

Latest from HANZE

Go toTop