Njye nikundira abahungu bibirara ! Umukobwa yavuze ubwoko bw’abasore akunda

25/01/2024 09:55

Umwe mu bakobwa bamamaye cyane muri cinema yo mu gihugu cya Kenya witwa Njeri Bernice yavuze ubwoko bw’abasore akunda ndetse avuga ko yikundira abasore bibirara.

Nkuko uyu mukobwa yabitangaje anyuze ku mbugankoranyambaga ze, yavuze ko aho guhitamo umusore witonda we yahitamo umusore w’ikirara.Ibyo byakurikiye nyuma Yuko uyu mukobwa atandukanye n’uwahoze ari umukunzi we nyuma Yuko avuze ko uwo mugabo yamuhaga byose acyeneye mu buzima ariko ko ikintu atamuhaga Ari icyubahiro.

Sibyo gusa kandi ni kenshi uyu mukobwa yavuze ko uwo mugabo yari wamuntu uhora afite ubwoba ko yakubura bityo bigatuma ahora yumva adatekanye rimwe n’arimwe akamubangamira kubera kumufuhira gusa.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram nibwo yongeye kuvuga ko aho guhitamo cyangwa kumuha umugabo witonda we yahitamo umugabo wikirara.

Source: nairobinews.nation.afric

Advertising

Previous Story

Britney Spears yeretse umwana amabere bituma bamwirukana muri Hoteli

Next Story

Abaganga 4 bafatanwe amaso y’abantu n’impyiko bavuga ko bishe abana babibakuramo

Latest from HANZE

Go toTop