“Ninjye mukobwa uzi kuririmba neza ku isi” ! Fantana yivuze imyato agaruka ku injyana ya Dancehall ikunzwe ku isi

20/05/2023 17:28

Umunyamuziki wavukiye mu gihugu cya Ghana agakurira muri Leta Zunze Ubumwe Za America adaciye ku ruhande yavuze ko ariwe mu hanzi w’ambere uririmba injyana ya Dancehall muri Ghana.

Yirase imyato aho yari ari gukora ikiganiro kigaruka ku byamamare byo muri afurika kinyura kuhazwi nka Netflix.

Ubwo yari ari kwivuga, uyu muhanzikazi Fantana w’imyaka 25 y’amavuko, wavukiye mu gihugu cya Ghana akimara gusoza amashuri akajya muri reta zunze ubumwe za america kureba ko ubumenyi bwe bwakiyongera.

Francine Koffie wamamaye nka Fantana ni umwe muba nyamuzikikazi bakorera umuziki muri Ghana.

Yavugiye muri Ghana akurira muri reta zunze ubumwe za America muri Atlanta Georgia.

Amasomo menshi ye yayigiye muri reta zunze ubumwe za america ndetse yanize ibijyanye no kwerekana imideri n’ibijyanye na business.

Fantana yaje kuba umuhanga mubyo yakoraga ubwo yahuraga nuwitwa Wendy Shay ariwe wamuhuje Rufftown itunganya imiziki ndetse na Bullet ushinzwe gucunga iyo nzu ikora imiziki.Ku italiki 24 kamena, 2019 nibwo yasohoye indirimbo ye y’ambere yitwa So what, yakozwe na producer witwa Mog Beatz.

Source: africanalret

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Advertising

Previous Story

Bruce Melodie akomeje gukora ibitarakorwa n’undi muhanzi hano mu Rwanda nyuma ya Tanzania akomereje muri Sudani y’amagepfo

Next Story

Abagore : Ingaruka mbi zo kwikinisha

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop