NIGERIA: Umugabo yateguye ikiriyo cyo gushyingura imbwa ye atumira Pasiteri ngo ayiture igitambo cya Misa

29/04/2024 20:17

Imwe mu nkuru idasanzwe ikomeje gutangaza abantu benshi ku mbuga Nkoranyambaga by’umwihariko mu binyamakuru byandikira muri Nigeria ni yuko umugabo yateguye ikiriyo cyo gushyingura imbwa ye kugeza anayisabiye amasengesho.

Ni amashusho akomeje kunyuzwa kumbuga zitandukanye agaragaza umuhango wo gushyingura imbwa y’uwitwa Alex Holmes.Muri yu muhango iyi mbwa yitwa Auitton yashyinguwe mu marira menshi ya nyirayo nabo yari yatumiye kuko yanakorewe umuhango wo kuyisabira usanzwe ukorerwa abantu bapfuye.

 

Uyu muhango wo gushyingura witabiriwe n’inshuti n’avandimwe n’umuryango ndetse na Pasiteri wayoboye igitambo cy’amasengesho yo gusabira Auitton imbwa ya Alex Holmer.Ni imbwa bavuze ko yari amaranye imyaka 16.Iyi mbwa yapfuye tariki 17 Mata 2024 isigira ibikomere nyirayo n’abandi bari bayizi.

Advertising

Previous Story

Umutoza warwaniye mu kibuga yahawe ibihano

Next Story

Umuyobozi wa Police y’Igihugu yasuye abakinnyi ba Police FC mu myitozo bitegura Bugesera FC

Latest from HANZE

Go toTop