Monday, May 13
Shadow

Ngaya amagambo usabwa kubwira umukunzi wawe mu masaha y’umugoroba mbere yo kuryama

Urukundo ruba rusaba ngo abarufite baruvomerere amanywa n’ijoro.Iyi nkuru nigufasha uyisangize uwo wihebeye umubwire ngo “Ndagukunda cyane”.

 

Aya magambo meza yuj urukundo n’urukumbuzi, ushobora kumuhamagara ukayamubwira cyangwa ukayanyuza mu kuyamwandikira.

 

NGAYA AYO MAGAMBO.

1.Nanga ko bwira kuko mbangiye kumara amasaha 8 ntari iruhande rwawe.

2.Nizereko inzozi zawe ziraba ziryoshye nkawe.

3.Nukuri kw’Imana ntabwo ijoro ryanjye riba ryiza nk’igihe turi kumwe.

4.Mbega iyo uza kuba uri hano nko nguhobere weeee !!!!!!!!!

5.Igitanda cyanjye kibereye aho kubera udahari.

6.Sinjye urota bukeye nkaza kukureba.

7.Nukuri kuryama byananiye kubera nari ntara kumva ho basi.

8.Kugutekereza bigiye gutuma ndarana akanyamuneza ijoro ryose.

9.Sinjye uzarota umunsi ugeze nkajya nguhobera ijoro ryose turi kumwe.

10.Ni wowe wanyuma ntekereza mbere yo kuryama rukundo.

11.Kuryama udahari ni nk’igihano nahawe.

12.Umusego wanjye wahindutse wowe kwihangana byanze.

13.Bea ! Irijoro ndakubona munzozi.

14.Mu gitondo ndashaka kukubona hano nk’ikanguka.

15.Maze n’amashuka yanze gushyuha.

16.Aho gushaka ibitotsi ndimo kubara impamvu nkukunda.

Nturare utamubwiye byibura 5 muri aya magambo kugeza arangiye, wongere utangire nugire ikibazo utwandikire.