“Ndi malayika ku Isi nkaba umukobwa wa mbere mwiza cyane” ! Judy Austin

20/01/2024 19:07

Umukinnyi kazi wa Filime Judy Austin yaciye igikuba.

Uyu mukobwa wo muri Nigeria wamamaye muri Cinema [ Bollywood ], akaba icyamamare kumbuga nkoranyambaga, yatangaje ko ari we mukobwa mwiza ku Isi ashimangira ko ari Malayika.

Ubusanzwe Judy Austin ni umugore wa Kabiri wa Jul Edcohie, anyuze kumbuga nkoranyambaga ze yavuze ko ariwe mukobwa mwiza yigereranya na Malaika.

Austin yatandukanye na Mr Obasi , abyarana abana babiri na Jul Edcohie.Kuri ubu avuga ko ari we mugore mwiza ku Isi yose.

Uyu atangaza ko ariwe wahawe umugisha cyane kurenza abandi ngo kubera ko yamuremye ikamuha byose ashaka.

Yagize ati:” Ndi umugore mwiza cyane ku Isi,Malayika ku Isi, Ukundwa n’Imana”.

Advertising

Previous Story

Byinshi wamenya kumuramyi Noella wihebeye Aline Gahongayire – VIDEO

Next Story

Tom Close agiye gushyira hanze Filime

Latest from Cinema

Go toTop