“Nasabye Imana umwana umwe none yampaye babiri” ! Umugore yishimiye ko yabyaye abana babiri b’impanga kandi yari yarasengeye umwe

12/08/2023 14:57

Umugore yagaragaje ibyishimo bikomeye nyuma yo kubyara abana babiri (Impanga) nyamara we yari yiteguye umwe.

Uyu mugore wo muri Nigeria , nk’uko ibinyamakuru bitandukanye byakomeje kubitangaza, yagaragaje ko afite amashimwe k’umutima nyuma y’aho Imana imuhereye abana babiri b’impanga.

Mu mashusho yashyize hanze ubwe, uyu mugore yagaragaye ari kubyina cyane ndetse afashe kunda ye dore ko byagaragaraga ko akuriwe cyane.

Bamwe mubamubonye z bagaragaje ko akwiriye gushimira Imana yo yabikoze ngo na cyane ko yamweretse ko urukundo rwayo irwerekana mu buryo butandukanye , ukanereka abayihinyura ko idakora nk’abantu babivugira ko yari yizeye umwe ikamuha 2.

Aya mashusho yashyizwe hanze na Mumcyrirerayo, yatanzwe ibitekerezo bitandukanye.

 

Advertising

Previous Story

Abarimo indaya n’ibisambo bafatiwe ahazwi nko muri ‘Korodoro’ muri Operasiyo idasanzwe yakozwe n’inzego z’umutekano

Next Story

Rayons Sports FC inize APR FC iyiheza umwuka ihita yegukana igikombe kiruta ibindi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop