Umukobwa wiga muri Kaminuza yashatse kwiba umugabo w’undi mugore bimubana agaka gakomeye

16/06/2023 18:41

Yagize ati:”Nitwa Eva, njye n’umugabo wanjye twashyingiranwe mfite imyaka 20 y’amavuko, tukaba tumaze igihe duhiga ubutunzi turi kumwe.

 

Dufitanye abana bane ndetse neza nkaba nishimira aho ngeze n’umugabo wanjye uko tubanye nibyo twagezeho bwose.Gusa mu byumweri bitatu bishize namenye ko umugabo wanjye ari gukoresha amafaranga menshi cyane ayakura kuri konti yacu.

 

Ubwo namubazaga impamvu ariko arakoresha amafaranga menshi cyane yambwiye ko ari kuyakoresha mu bintu bye bwite.Mu minsi ishize nibwo namenye ko umugabo wanjye aha amafaranga twavunikiye agakobwa kakanyeshuri ndetse ko aherutse no kumugirira imodoka nshya.

 

Numvishe ko Kandi amaze iminsi Hari umugore baryamana ndetse ko benda gushyingiranwa akamugira umugore we wa kabiri.Byarambabaje cyane kuko aka gakobwa kakiri Gato Kariko kandira amafaranga navunikiye cyane. Narebye muri telephone y’umugabo wanjye ndeba number yuwo mukobwa ndamuhamagara mubwira kujya kure y’umugabo wanjye nubwo bitari byemewe gusa n’ubundi yansubije ko atajya kure y’umugabo wanjye.

 

Yambwiye ko ndi umugore ushaje, azantwara umugabo wanjye w’umukire ndetse ko azanyirukanisha mu nzu. Nagize ubwoba kuko numvaga umukobwa agiye kwangiza umuryango wanjye. Nibwo nibutse ko hari umuganga tuziranye witwa Mugwenu.

 

Nashatse nimero ye kuko nashakaga aho nakura umutongero natongera umugabo wanjye akajya kure yuwo mukobwa. Naramuhamagaye ambwira kujya kumureba ku munsi ukurikira, nagiyeyo ampa umutongero utuma umugabo wanjye azinukwa Ako gakobwa ndetse nuwo uzatuma umugabo wanjye yongera kunkunda nkuko yahoze.

 

Umunsi ukurikiye wamugore yampamagaye arira cyane ansaba imbabazi kubwo yari ari kuntwara umugabo. Namubwiye ko agomba kujya kure cyane y’umugabo wanjye. Umugabo wanjye nawe yongeye kunkunda ndetse anategura ikiroro cyo kongera kurahora ko atazigera ampemukira ukundi.

 

 

 

Source: mugwenudoctors.com

Advertising

Previous Story

“Naryamanye n’abagore 30 mu bagore 10 muri bo bagira inama umugore wanjye kwahukana akansiga” ! portable

Next Story

“Ntamafaranga aba mu njyana na Hip-hop” ! “Gravity Omutujju yavuye muri Muzika yemeza ko Hip Hop ikorwa n’abantu bakubiswe gusa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop