Naryamanye n’abagabo barenga 300 mu mwaka kandi bintera imbaraga ! Annie Knight yemeza ko kuryamana n’abagabo bimwongerera imbaraga

19/10/2023 07:27

Uyu mugore wo muri Australia avuga ko yigiye byinshi mu kuba yararyamanye n’abo bagabo 300 mu mwaka umwe.

 

Knight Annie w’imyaka 26 y’amavuko yemereye The Klyie and Jackie O show ko ku munsi umwe ashobora kuryamana n’abagabo 5 kandi bikamukundira.

 

Yagize ati:” Bintera imbaraga , kuryamana n’abo bagabo biranyura rwose.Akabariro karashimisha”.

 

Uyu mukobwa yabwiye umunyamakuru ko abo baryamana bahurira kuri App zo guteretaniraho bityo ngo akaba ariyo mpamvu atagorwa no kubona abagabo. Yemeje ko kandi iyo yumvise ashaka gutera akabariro, ahamagara numero yose ashaka ubwo uwitabye n’uwo.

 

Annie yemeza ko ntakintu na kimwe gishobora kumunanira agaragaza ko iyo bigeze mu gutera akabariro, buri kimwe akigerageza.

 

Annie Knight yirukanwe kukazi yakoraga ko gucuruza ubwo umukoresha we yamenyaga akazi akora.Yemeza ko akunda gufata amashusho ye , bityo ko atavuga ko yabuze ibyo gukora na cyane ko afite konte kuri OnlyFane igurishirizwaho ayo mashusho yurukozasoni.

 

Uyu mukobwa yemeza ko icyatumye bamwirukana aruko ngo banze ko akunda gusaba uruhushya bya hato na hato agiye gufata amafoto yo gucuruza.

Source: Nypost

Advertising

Previous Story

Tuzabona Chris Brown na Bruce Melodie cyangwa Rihanna na Alyn Sano , Rick Ross na Riderman bakoranye indirimbo ? ! Abahanzi Nyarwanda bagiye gukorana n’Abanyamerika

Next Story

Pamella yakeje icyamamare Shawn Mendes avuga ko we na The Ben ari abafana be cyane nyuma yo guhura

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop