“Nabaye icyamamare bintunguye”! Joeboy

18/02/2024 10:56

Umuhanzi ukomeye muri Nigeria, yatangaje ko kuba icyamamare byamugwiririye abantu bakamumenya atabyiteguye.

 

Joseph Akinwale [Joeboy],I ni umuhanzi wo muri Nigeria wamamaye muri muzika by’umwihariko kwandikira abandi bahanzi indirimbo.Uyu musore azamukiye muri ‘Empawa Africa’ ya Mr Eazy nawe uri mubazwi muri Nigeria,izina rye ryamamara muri 2017 munjyana ya AfroBeat na RnB.Uyu musore uvuga ko yatunguwe no kumenyekana ubusanzwe yitwaga ‘Young Legend’ aho yavukiye mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria.

 

Mu kiganiro Afrobeats  Intelligence Podcast Joeboy yasobanuye ko kwamamara byamutunguye cyane ndetse bikamugora ku byakira ku rwego rwo hejuru.Joeboy, avuga ko kwamamara kw’indirimbo ye ‘Baby’ byamugoye ku byakira kuko yageze ku rwego mpuzamahanga.

 

Yagize ati:”Ntabwo nari niteguye ubwo indirimbo Baby yageraga kure.Naje kwisanga nabaye icyamamare.Byarantunguye  rwose. Muri 2019 nibwo yasohotse gusa mu Kwa Karindwi muri iki gihugu nari namamaye cyane kandi nyamara ntabwo narinziko abantu bazi umuziki wacu by’umwihariko abantu bo muri Kenya , Uganda n’ahandi”.

 

Previous Story

Miss Nishimwe Naomie yasobanuye uko afata Michael Tesfay uherutse ku mwambika impeta

Next Story

Umwunganizi wa Davido yaciye akayabo k’amafaranga

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop