“Mu nyakire kabisa APR FC ku mutima” ! Akigera muri APR FC Sarpongo yakiriwe neza agira icyo asaba abafana

26/04/2024 12:54

Nyuma yo gutangaza ko yavuye muri Rayon Sports, Sarpongo, yagaragaje ko yahawe ikaze n’Ubuyobozi bwa APR FC nk’uko yabyemereye Umunyamakuru w’imikino wa UMUNSI.COM.

Umufana wari uwa Rayon Sports ukomeye, Ntakirutimana Isaac uzwi nka Sarpong w’i Nyamirambo yerekeje muri APR FC yakirwa n’abarimo Perezida w’Ikipe y’Ingabo, Col Richard Karasira.

Mu kiganiro yahaye UMUNSI.COM yasabye abafana ku mwakira muri iyi kipe yamaze kugeramo.Yagize ati:”Niko kuri ndaje nguhe n’amafoto , ninako bimeze, njyewe namaze gufata ‘Decision’ [ Umwanzuro ] mu nyakire nk’umufana mugenzi wanyu muri APR kabisa, APR ku mutima”.

 

Advertising

Previous Story

Umufana wa Rayon Sports ukomeye yayivuyemo yerekeza muri APR FC asigira Perezida wayo ubutumwa

Next Story

Umunyafurika Elon Musk yashyizwe ku mwanya wa Kabiri mu bakire ku Isi

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop