Milo yatambutse kuri YE na Miliyoni ibihumbi 116 by’amadorali

06/12/2022 19:15

Mu mufuka w’icyamamare Kenya West ntabwo huzuye nk’uko hahoze biri no mubituma aserezwa n’abamurusha amafaranga kugeza ubu.

Nyuma yo guca agahigo ku kurusha icyamamare YE Milo Yiannopoulos, yiyemeye kuri mugenzi we avuga ko ntakintu akigira mu mufuka.

Uyu mugabo uri kurusha YE asaga Miliyoni 100 z’amadorali nyuma y’uko itangazamakuru ribashyize hagati bombi.

Ikinyamakuru TMZ gitangaza ko umuhanzi YE yakibwiye ko mugenzi we Milo adateze kugira amafaranga menshi cyane Mu mufuka w’icyamamare

uretse ku bw’amasezerano yagiranye n’abajyanama be.Iki kinyamakuru cyemeza ko hari cheque cyabonye uyu muhanzi YE

yoherereza Milo amafaranga menshi.

N’ubwo Kenye West atari yemeza neza ko aziyamamariza kuba perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika,

avuga ko hari abakire benshi batangiye gukorana nawe harimo na Nick Fuentes umuzungu w’Umunyamerika kavukire  ndetse na Ali Axander.

Uyu mugabo w’imyirato myinshi yatangaje ko we na Kanye West bemeranyije ibintu bikomeye agate yabo kandi ko

bagomba kubikomeza mpaka birangiye kabone n’ubwo amafaranga nayo ari inzitizi hagati yabo.

Umuhanzi Kanye West ni umunyamerika wavutse yitwa Kanye Omar West.Avuka tariki 8 z’Ukwezi kwa Gatandatu mu mwaka wo mu 1977.

Ni Umuhanzi w’Umunyamerika, umwanditsi w’indirimbo , Umu producer ndetse akaba n’umunyamideri.

Andi mazina agenda abatizwa n’abakunzi be harimo ; Yeezus, Saint Pablo cyangwa Mutagatifu Pablo, Yeezn’ayandi atandukanye.

Uyu mugabo yavukiye mu gihugu cya Chicago , muri Leta ya Illionis .Yakunze gukorana n’inzu itunganya indirimbo ya

GOOD , Def Jam ; Roc – A- Fella ; M..

Kanye West yabyawe na Donda West bamwe mu bo mu ryango we harimo Devo Harris na Tony Williams.

Ubusanzwe Kanye west asengera mu itorero rya Sunday Services , aho anaririmba muri Chorale yitwa The Hit men.

Yamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo; Child Rebel Soldier, Kids see Ghost , The Throne n’izindi zitandukanye.

Ubusanzwe yakunze kuvugwa cyane kubera udushya twe ndetse n’uburyo yitwara hagati mubafana be,Kanye West ntabwo hashira kabiri atavuzweho ibintu bitangaje.Uyu muhanzi ni icyamamare binyuze mu ndirimbo yakoze zitandukanye.

Advertising

Previous Story

LIVE: Japan na Croatia: Igikombe cy’isi 2022

Next Story

Nigeria Music Festial; Ubukerarugendo bwateye imbere

Latest from Imyidagaduro

Go toTop