Nigeria Music Festial; Ubukerarugendo bwateye imbere

09/12/2022 17:53

Muri ibi birori umuziki waciye ibintu , abaranzi bakora agashya.

Umucuranzi w’icyamamare Oumara Moctar yagize ati:”Ni nkogucurangira mu rugo kuko byari umunezero mwinshi cyane.

Aha muri Muri ibi birori umuziki niho twakuriye , niho twavukiye kandi ibi byatwibukije aho twavukiye”. and

Iki ni ikimwe mu bitaramo bikomeye bya Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara,

iki gitaramo cyaherukaga mu cyumweru cyashize,kizana kigaragaza indirimbo nziza ndetse n’ubuhanga bw’abahanzi batandukanye muri muzika ya Afurika.

Muri iri serukiramuco hagaragaye abahanzi batandukanye, imbyino ziranga umuco by’umwihariko umuco w’aba Tuareg.

Abitabiriye baturutse mu bice bitandukanye by’Afurika mu birometero 1,200  uvuye mu murwa murukur wa Amerika.

Abarenga ibihumbi bitanu 5,000 bari bicaye mu myanya ikomeye (VVIP) , abanyamahanga ndetse n’abandi batandukanye .

Mohamed Bouhamid, yagize ati:”Umuco w’Aba Tuareg ni mwiza cyane”.

Muri iki gitaramo hari harimo umutekano ucunzwe neza cyane kurwego rwiza.

Iri serukiramuco ryashyizwe hanze mu mwaka wa 2001, dore ko byaherukaga kuba mu mwaka wa 2020.

Ibi byatumye abanyamahanga detse n’abakerarugendo bose , bashimirwa ubwitange n’ubutwari bw’abateguye igitaramo.

Umuziki muri rusange urangwa n’ibintu bitandukanye birimo ibicurangisho, indirimbo , imbyino ndetse n’ibindi bitandukanye.Abahanzi bo muri Afurika bafite injyana zabo ku buryo mu gitaramo nk’iki bagirwa ho n’ababa baturutse mu mpande zitandukanye z’abanyamahanga.

Ubusanzwe ibitaramo nk’ibi byo muri afurika , abahanzi batandukanye bagirirwa nabi n’abitwaje intwaro aho binjira mu nzu ziba zirikuberamo ibirori bagasaba antu bose kwicara no kutanyeganyega.

Iki gitaramo cyatangiye mu masaha y’umugoroba, cyabereyemo ibitangaza mu mpande zose nk’uko byagaragaye mu mafoto ndetse n’amashusho yashyizwe hanze.

Bamwe mubaturage batandukanye baganiriye n’itangazamakuru,bavuze ko bakoze iyo bwabaga ngo bitabiriye iki gitaramo cyafashwe nk’imbaturamugabo ndetse banagerageza kwitegereza ejo hazaza h’umuziki wa Afurika babona ko  ari mwiza cyane.

Kugeza abana bato bari kwitegereza kuba abahanzi binyuze mu buryo babona umuziki ndetse n’indirimbo z’abahanzi batandukanye bo muri Afurika ndese n’iburayi bagaheraho  biga kandi bagerageza kwigana umuziki baba babonaga umunsi ku munsi nk’uko babitangaza. Umuziki n’ingenzi cyane mu

Advertising

Previous Story

Milo yatambutse kuri YE na Miliyoni ibihumbi 116 by’amadorali

Next Story

“Uri umunyamugisha”- Mik Sonko

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop