MU MAFOTO: Rihanna biravugwa ko atwite umwana wa 3 nyuma y’amezi make yibarutse

17/11/2023 12:48

Rihanna ni umuhanzikazi wamamaye cyane mu myaka ya tambutse gusa nyuma aza gusa n’ugenza gake ariko nanone kumbuga ze akajya atambutsa ho ibijyanye n’indi mirimo ye ya buri munsi.

 

Uyu muhanzikazi yaje gushakana na A$AP Rocky nawe wamamaye mu njyana ya Hip Hop muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.Kuri ubu bamaze kubyarana abana 2 gusa hakaba hari amakuru yakwirakwiye kumbuga nkoranyambaga yavugaga ko aba bombi batwite undi mwana wa3 nyuma y’amezi atageze kuri 3 bibarutse uwa 2.

 

Rihanna yagiye akunda kugaragaza inda ye atwite ndetse agakora n’ibyo benshi bise ubwibone kuva ku mwana we wa mbere kugeza ku mwana wa 2.

 

REBA HANO AMAFOTO YA RIHANNA

Advertising

Previous Story

Byinshi wamenya ku bwoko bw’aba Mursi buba muri Afurika

Next Story

Abagore ! Dore uburyo bwiza bwo kugirira isuku mu myaka y’ibanga yawe nyuma yo gutera akabariro n’uwo mwashakanye

Latest from Imyidagaduro

Go toTop