Abagore ! Dore uburyo bwiza bwo kugirira isuku mu myaka y’ibanga yawe nyuma yo gutera akabariro n’uwo mwashakanye

17/11/2023 13:48

Abagore bakenera isuku yihariye by’umwihariko nyuma yo gusangira ibyishimo n’abo bashakanye.Ese ni mu buhe buryo iyo suku yakorwa neza?

 

 

Iyi nkuru igiye kugaruka ku isuku yo mu myanya y’ibanga nyuma yo gutera akabariro gusa turibanda ku bagore.

 

1.Jya kwibohora: Nyuma yo gutera akabariro abagore bagirwa inama yo kujya kunyara kugira ngo za bagiteriya zisohoke, ndetse hirindwe infection zitandukanye.

 

2.Hakorere isuku: Urasabwa gukoresha amazi y’akazuyaze kandi wirinde gukoresha cyane isabune isanzwe woza mu gitsina imbere.

 

3.Hahanagure neza: Shaka agatambara kameze neza kabugenewe ariko ukoresha usukura mu myaka yibanga yawe [Guhanagura].

 

4.Singombwa ko ujya mu bwogero: Mu byukuri ntabwo ari ngombwa ko wihutira mu bwogero.Mbere na mbere , urasabwa gukora ibyo twavuze haraguru.

 

5.Hindura umwambaro w’imbere: Ningombwa ko uhindura umwambaro w’imbere.Uyu mwabaro wawe w’imbere ushobora kuba urimo ibyuya cyangwa ukaba wanduye.

 

Wibukeko ibi ari ibiteganywa ushobora kwihutira gukora ariko nanone umuganga wawe ukwitaho ni ingenzi kumvira inama ze.

SRC: Healthline

Advertising

Previous Story

MU MAFOTO: Rihanna biravugwa ko atwite umwana wa 3 nyuma y’amezi make yibarutse

Next Story

Umubyinnyi Titi Brown yagiriye umugisha mu gitaramo cya Gen-Z Comedy ahabwa akayabo k’amafaranga

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza bidasanzwe byo kurya inanasi

Inanasi ni urubuto ruzwi cyane ku isi yose kubera uburyohe bwayo ndetse n’akamaro k’ubuzima ifite. Uru rubuto rukomoka mu muryango w’ibinyomoro (Bromeliaceae) kandi rwamenyekanye

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop