Advertising

Mu Karere ka Huye ibisambo byinjiye mu Kiliziya byiba ibintu byinshi birimo Isakaramentu ry’Ukarisitiya

30/11/2023 17:51

Umubikira witwa Mukarwego Julienne uyobora ikigo cyita kubakuze i Tumba mu Karere ka Huye yemeje ko habaye ubujura hibwa Isakaramentu na Taberinakuro

 

Uyu mubikira yavuze ko ibi bisambo byatwaye Isakaramentu ry’Ukarisitiya n’ibindi byari birimo.

Uyu mu masera, avuga ko iyi Taberinakuro yibwe n’abajura baturutse hanze y’ikigo mu ijoro ryakeye, ku wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2023.

Mu magambo ye yagize ati:” Abashinzwe umutekano babirimo , buriya baradufasha kumenya aho byagiye”.

Kigali Today itangaza ko Padiri mukuru wa Paruwasi Katedarali ya Butare Pierre Celestin Rwirangira yatunguwe n’ubwo bujura bwabereye muri iyo Chapelle avuga ko biteye isoni.

Previous Story

Zuchu yavuze ko amashusho ya Diamond Platnumz asa n’uri gutera ivi ntacyo avuze kuri we yemeza ko azakomeza kumukunda

Next Story

Mr Ibu waciwe akaguru yahakanye amakuru yavugaga ko yaryamanye n’umukobwa we

Latest from Imyidagaduro

Go toTop