Moses yatakambiye Perezida wa Repubulika nyuma yo gusabwa gusiba ikirago by’abatinganyi biri kunzu akoreramo

19/04/2023 07:53

bw’imyenda Twahirwa Moses ,yatakambiye Perezida wa Repubulika nyuma yo gusabwa gusiba amabara ya LGBTQ agaragaza ikirango cy’abaryamana bahuje ibitsina.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga uyu munyamideri umaze iminsi mike yeruye ko akoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi kubera uburwayi yavuze ko ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwasabye Moshions gusiba amarangi agizwa n’amabara aranga abaryamana bahuje ibitsina n’abandi.

Moses avuga ko bamwe mu bayobozi b’Umujyi bavuze ko bise aya mabara umwanda kandi ko akwiye kuyakura ku rukuta rugize uruzitiro rw’iyi nzu y’imideri ya Moshions iherereye mu Kiyovu.


Advertising

Previous Story

Ubushinjacyaha bwarekuye by’agateganyo abantu 6 bakekwaho kwica Dr Muhirwe

Next Story

Umugore arakekwaho gutwika umwana we ibiganza amuziza ibijumba

Latest from Imyidagaduro

Go toTop