Advertising

Menya inshuro umugabo asabwa guteramo akabariro n’umugore we kugira ngo yirinde kurwara Kanseri y’amabya

24/08/2024 20:37

Muri iyi nkuru turarebera hamwe inshuro umugabo aba agomba gutera akabariro n’umugore kugira ngo abashe kongera amahirwe yo kuwara Kanseri ya Prostate.

Ni ibintu byatangajwe n’umugore w’Umuganga wagaragaje ko hari inshuro umugabo aba asabwa gutera akabariro n’umugore we bityo bikamufasha kwirinda indwara ya Prostate [Kanseri y’amabya].

Muri aya mashusho uyu mugore yavuze kuri Prostate ikunze kwica abagabo batari bake ku Isi.Agaruka kuri iyi Kanseri, uyu muganga yahamije ko udusabo tubika intanga aritwo tugira uruhare runini mu gikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye.

Yagize ati:”Udusabo tw’intanga ntakindi tumara urutse kugira uruhare mu gikorwa cyo gutera akabariro.Nta kindi wakoresha Prostate uretse igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina”.

Avuga ku byo kwirinda iyi ndwara , uyu mugore yavuze ko umugabo akwiriye kuryamana n’umugabo we inshuro zirenga 21 mu Kwezi. Iyo bitabaye ibyo udusabo dubika intanga.

Previous Story

APR FC ibaye akaya nkoko iri iwabo ishonda umukara

Next Story

Riderman na Bull Dog bakoze amateka muri HIP-HOP atarigeze abaho mu Rwanda

Latest from Ubuzima

Go toTop