“Maze imyaka ine ntakora imibonano mpuzabitsina kandi ntacyo bintwaye” ! Umukinnyi kazi wa film Lizzy Gold yavuze ko akabariro ntacyo kavuze

16/07/2023 21:16

Uyu mugore wo muri Ghana w’abana babiri, yavuze ko atarakora ubukwe ariko ko bikunze yabikora igihe icyaricyo cyose mu gihe abonako bikwiye.

 

Yanavuze ko ubu we icyo yitayeho ari ugukora akazi ke neza adacyeneye ibimutesha umutwe nkibyo by’ubukwe n’ibindi.Uyu mugore yanavuze ko ubukwe Ari ikintu kiza ariko we ngo yanga kuntu abantu bakoze ubukwe bahorana buri gihe ndetse ko we ibyo bimubangamira.

 

Mu gusoza, yasoje avuga ko ubu imyaka ibaye ine atarongera gukora imibonano mpuzabitsina.Mu magambo ye yagize ati “Sindongera gukora imibonano mpuzabitsina hashize imyaka 4 Kandi ntacyo bintwaye. Icyo nitayeho ni akazi kanjye Niko mpa umwanya wanjye wose.”

Benshi bakomeje kwibaza kuntu uyu mugore amaze imyaka igera kuri 4 adakozwa ibyimibonano mpuzabitsina ndetse banibaza kuntu adashaka Kandi Ari mwiza.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: studio.opera.com

Advertising

Previous Story

Ntamuntu numwe Imana izahora ko yasambanaga! Pastor Ego Daniel Yahishuye Impamvu nyamukuru yirengagizwa nyamara izarimbura abantu.

Next Story

“Abagore bagira imbaraga , bagutera inda umunota umwe ukayitwara amezi 9” ! Umugore w’umuzungu utwite yagaragaje akababaro k’abagore

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop