“Abagore bagira imbaraga , bagutera inda umunota umwe ukayitwara amezi 9” ! Umugore w’umuzungu utwite yagaragaje akababaro k’abagore

16/07/2023 21:32

Amashusho y’umugore w’umuzungu utwite avuga ko bagutera inda mu minota itagera kuri ibiri ariko ukayitwita amezi 9 ikomeje kuvugisha benshi.

Umugore mwiza w’umuzungu washingiranwe n’umwirabura, umugabo wo muri Nigeria yagaragaye mu mashusho yerekana inda atwite.

 

Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa TikTok nibwo uyu mugore yagaragaye yerekana inda ye atwite anavuga ko uterwa inda mu minota itagera kuri ibiri ariko ukayitwita amezi 9.

 

Ubusanzwe uyu muzungukazi yashyingiranwe nuwo mu nya Nigeria ndetse babanye neza dore ko urukundo Ari rwose hagati yabo ndetse bakaba bitegura no kwibaruka umwana.

 

Ayo mashusho yanyujije ku rukuta rwa TikTok kuri konti iri mu mazina ya h.kstory ndetse Aribwo uwo mugore yavugaga byose ku kuntu utwara umwana Munda amezi 9 ariko waratewe inda mu minota itagera kuri ibiri.

 

Mu mashusho Kandi uyu mugore yakomeje kuvuga ko burya ngo kuba umugore ntibiba byoroshye.Ngo utwara umwana mu nda amezi 9 ariko wajya kubyara umwana akaza asa na se umubyara aho gusa na nyina wamutwaye mu nda amezi 9.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: thetalk.ng

Advertising

Previous Story

“Maze imyaka ine ntakora imibonano mpuzabitsina kandi ntacyo bintwaye” ! Umukinnyi kazi wa film Lizzy Gold yavuze ko akabariro ntacyo kavuze

Next Story

Dore ibintu usabwa gukora niba ushaka guhorana itoto ntugaragare nk’ushaje

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop