Korali Ambassadors of Christ yateguye igitaramo gikomeye cyo gukusanya inkunga yo kubaka urusengero rugezweho ruzatwara arenga Miliyari y’Amafaranga y’u Rwanda

11/09/2023 09:43

Korali Ambassadors Of Christ , yateguye igitaramo gikomeye cyitwa ‘Umubyeyi Remera’ kizaba kigamije gukora umurimo w’Imana wo gukusanya inkunga yo kubaka urusengero kizaba tariki ya 17 Nzeri 2023 muri Camp Kigali.

 

 

Impamvu nyamukuru yo gutegura iki gitaramo cyo gukusanya inkunga yo kubaka urunsengero , ni uko iri Torero rya Remera riri mu matorero amaze igihe ndetse rikaba ryarabyaye andi matorero atandukanye arimo ; Nyabisindu, Kabeza, Bibare, n’ayandi atandukanye ari mu Mujyi wa Kigali nk’uko byatangajwe na Songa Rene umwe mu bagize ‘Ambassadors Of christ’.

 

Iyi Korali yateguye iki giterane cy’Ivugabutumwa rishingiye kugukora umurimo w’Imana nyuma y’ibindi bitaramo bitandukanye bakoreye mu bihugu byo hanze y’u Rwanda

 

Advertising

Previous Story

Uko mbibona ! Yago akumbuwe n’abatagira kivugira n’abakene none umuziki waramuheranye nta kiganiro aheruka

Next Story

Urukundo Selena Gomeza amukunda rwamuteye amashaba ! Umuhanzi Rema yaciye agahigo katarakorwa n’undi wese binyuze mu ndirimbo basubiranyemo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop