Urukundo Selena Gomeza amukunda rwamuteye amashaba ! Umuhanzi Rema yaciye agahigo katarakorwa n’undi wese binyuze mu ndirimbo basubiranyemo

11/09/2023 10:09

Rema wo muri Nigeria, yaciye agahigo ko kuzuza abantu barenga Miliyari  barebye indirimbo ye Calm Down kuri Spotify.

 

Nk’uko batangajwe n’uhagarariye uru rubuga muri Afurika Victor Okpala , ngo uyu muhanzi wo muri Nigeria, wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye by’umwihariko muri ‘Calm Down’ yaje no gusubiranamo na Selena Gomez, yaciye aka gahigo abandi basigaraga bavuga ko ashobora kuba akorana na Satani.

 

 

Iyi ndirimbo imaze kuzuza abantu 600 bayirebye kurubuga rwa Spotify aho yashyizwe kuri konti ya Selna Gomez bayisubiranyemo.Mu gihe cy’imyaka 4 gusa , amaze muri muzika, Rema ari mubahanzi bakomeye cyane ku isi ndetse akaza no mubahanzi bayoboye abandi mubafite igikundiro kuri Youtube ndetse no kuri Spotify nyirizina.

 

 

Uyu muyobozi wa Spotify , we yagaragaje ko Rema ari umwe mu bahanzi bo guhanga amasamo mu minsi iri imbere ndetse agaragaza ko ari umwe mu basore bafite ejo heza mu gihe yaba adacitse intege.

Advertising

Previous Story

Korali Ambassadors of Christ yateguye igitaramo gikomeye cyo gukusanya inkunga yo kubaka urusengero rugezweho ruzatwara arenga Miliyari y’Amafaranga y’u Rwanda

Next Story

Menya ibiribwa byomora ibikomere mu gihe gito na Vitamini zikenerwa ngo igisebe gikire

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop