Advertising

Kim Kardashian yihaye undi mwaka wo gukundana avuga ko ubu atiteguye kuba umugore w’mugabo

09/11/2023 19:04

Kim Kardashian yahanye gatanya na Kanye west nyuma akavugwa mu rukundo na Pete Davidson ndetse n’umukinnyi wa Basketball Odell Beckham.

 

Kuri ubu Kim Kardashian yavuze ko adateze kongera gukundana mu gihe kugeza uyu mwaka urangiye.Kim Kardashian yavuze ko we atari gushaka uwo bababa ngo uretse ngo umugabo waba arimo kumushaka.

 

Kugira ngo yongere atekereze kujya mu rukundo byibura ngo agomba kubanza kumara undi mwaka. Ikinyamakuru Page Six , kivuga ko Kim rubanda rwashyingiye Odell Beckham ngo adakozwa ibyo gukundana.

 

Uyu mugore w’imyaka 43 ngo ngo ntiyifuza kuba umugore w’undi mugabo vuba.Nubwo avuga gutyo ariko Kim Kardashian yagiye asingiza cyane Pete Davidson bavuzweho gukundana.

Previous Story

Umukobwa wanze kogosha umusatsi wo mu kwaha kuva yavuka yabaye isomo kuri bagenzi be

Next Story

Nyuma yo kotswa igitutu The Ben na Pamella bakubise hasi igiciro cyo kureba bukwe bwabo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amavubi yatsinze Benin ayirusha

Ikipe y’Igihugu y’uRwanda Amavubi yatsinze Bénin ibitego 2-1 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’afurika 2025 kizabera muri Morocco, n’Umukino w’Umunsi wa 4 mu
Go toTop