Advertising

Kenya: Umugabo yananiwe gutera akabariro asaba umugore kujya gushaka undi mugabo ngo amufashe

01/12/24 10:1 AM
1 min read

Umugore witwa Regina wo mu gihugu cya Kenya yavuze uburyo umugabo we yamusabye kujya gushaka undi mugabo nyuma y’uko umugabo we ananiwe kumuryohereza mu gutera akabariro bitwe nuko umugabo we yari yarahanzweho n’imyuka mibi.

 

 

Nk’uko uyu mugore yabivuze, bagize amahirwe yo kubyarana abana 2. Umunsi umwe ngo bagiye gusubiza nyirabukwe maze mu ijoro atangira kumva ibintu biteye ubwoba mu nzu arinako umugabo we ahura n’uburibwe.

 

 

Nyuma Yuko we n’umugabo we basubiye mu rugo, umugabo we mu ijoro yatangiye kujya ahura n’ibibazo avuga ko hari abantu bari kumunigagura. Kuva ubwo iyo we n’umugabo we bashakaga gutera akabariro umugabo we byarangiraga kubikora byanze.

 

 

Hashize imyaka ibiri umugabo agerageza gutera akabariro n’umugore we bikaga, nibwo umugabo yasabye umugore we kujya gushaka umugabo bazajya batera akabariro akamushishisha cyane ko we bari bimaze igihe kinini byaranze, ariko agakomeza kumubera umugore.

 

 

Uyu mugore yavuze ko ibyo yakoreye umugabo we arukujya amusengera. Nk’uko uyu mugore yabyivugiye, yavuze ko yakomeje kumara igihe kinini ataryamana n’umugabo we.

 

 

Umugabo we yaje kujyanwa mu rusengero baramusengera bamukuraho imyuka mibi ndetse ngo kuri ubu umugabo we ameze neza ubu gutera akabariro birakunda neza.

Yagiriye inama abantu kujya bitonda bakamenya aho banyuze

 

 

 

Source: muranganewspaper.co.ke

Sponsored

Go toTop