Kenya: Pasiteri yakunze umugore w’umuyoboke we amutera inda

16/01/2024 10:23

Umwe mu bapasiteri bo mu gihugu cya Kenya mu indi ryaba pantecost witwa Douglas Mulongoti akomeje kotswa igitutu n’amategeko nyuma yuko ateye inda umugore w’imyaka 23 wumwe mu bayoboke be.

 

 

Ruth Musonda w’imyaka 23 washakanye na Omedi Musonda w’imyaka 38, yabwiye urukiko ko yagiranye umubano n’uyu mugabo w’umupasiteri witwa Douglas Mulongoti muri 2019 mu kwezi kwa 6.

 

 

Ubusanzwe uyu mugabo Omedi Musonda ndetse n’umugore we Ruth Musonda ni abayoboke b’uyu mupasiteri Douglas Mulongoti mu rusengero rwe Premises Church nyuma yo kuva muri Mpika.

 

 

Nk’uko uyu mugore yabivuze, yemeje ko uyu mupasiteri yamubwiye ko amukunda ndetse bajya mu rukundo aho baje gukora imibonano mpuzabitsina bayikorera mu biro byuyu mupasiteri biri ku rusengero.

 

 

Yavuzeko ubwo yaryamanaga n’uyu mupasiteri yari yarahagaritse kuryamana n’umugabo we. Ubwo uyu mupasiteri yaje kumutera inda, abimukojeje umupasiteri abifata nabi Kandi bari basanzwe bari mu rukundo.

 

 

Umugabo w’uyu mugore yavuze ko yaje kumenya ko umugore we na Pasiteri we baryamana ubwo yasomaga ubutumwa bandikiranye muri telephone y’umugore we. Uyu mugabo Niko guhita abwira Pasiteri gusaba imbabazi, maze yemera ko azaba amafaranga 35,500 by’amafaranga ya Kenya.

 

Icyakora uyu mugabo yakomeje avuga ko uyu mupasiteri byaje kurangira ya mafaranga yanze kuyatanga aribyo byatumye babwira umugore we ibyo yakoze byose.

 

 

 

 

Source: muranganewspaper.com

Advertising

Previous Story

Umugore we ari mu gahinda ! Umugabo yateye nyirabukwe we inda none ashaka kumugira umugore we wa kabiri

Next Story

Dore impamvu abakobwa bakunda kwambara utujipo tugufi

Latest from Iyobokamana

Go toTop