Advertising

Dore impamvu abakobwa bakunda kwambara utujipo tugufi

16/01/2024 10:29

Ni iyihe mpamvu ituma abakobwa benshi Bambara utujipo tugufi ? Soma iyi nkuru.

 

Abakobwa benshi bakunda kwambara utujipo duto tuzwo nka Mini, icyakora nta mpamvu nyinshi zizwi zituma umukobwa ahitamo kwambara utujipo tugufi. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe mukubategurira amakuru avuga ku mpamvu abakobwa benshi bakunda kwambara utujipo tugufi.

 

DORE IMPAMVU ABAKOBWA BENSHI BAKUNDA KWAMBARA UTUJIPO TUGUFI;

 

 

1.Kwiyerekana

 

Kimwe mu bintu igitsina gore kiremanwe no kwiyerekana bibamo, rero Hari abakobwa bamwe n’abamwe bambara utujipo tugufi  kubera ko bazi ko nibatwambara barahangwa amaso na rubanda nyamwinshi.

 

 

2.Umubiri

 

Hari ubwo umukobwa ahisemo kwambara utujipo duto kubera umubiri we, akumva ko utwo tujipo tugufi aritwo tugaragaza umubiri we neza kurusha kwambara amajipo maremare.

 

 

3.Ikizere

 

Hari abakobwa benshi bakunda kwambara utujipo tugufi kubera ko bumva ko bifitiye ikizere bityo ko ntawe ugomba kubabwira icyo gukora mu gihe bo bumva ko kwambara utujipo tugufi aribyo bikwiye.

 

 

4.Kwibohora

 

Ubundi buryo bushobora gutuma umukobwa yambare utujipo tugufi ni ukwibohora, kwakuntu yumva ko afite uburenganzira bwo kwambara icyo yumva ashatse cyose.

 

 

5.Umuco cg imideli

 

Uko ibihe bigenda biza, haduka imico myinshi rero no kwambara utujipo tugufi bigerwaho bityo bigatuma Hari abakobwa bambara utujipo tugufi kubera ko baziko ariyo mideli igezweho.

 

 

6.Ikigare

 

Hari abakobwa benshi bakunda kwambara utujipo tugufi kubera ko babikurs kuri bagenzi babo bagendana, aho bitangira yambara birebire ariko inshuti ze zikamubwira ko bitagezweho bikarangira nawe yambaye utujipo tugufi.

 

 

 

 

Source: fleeekloaded.com

 

 

Previous Story

Kenya: Pasiteri yakunze umugore w’umuyoboke we amutera inda

Next Story

Zambia: Umupasiteri yatetse umuyoboke we mu isafuriya avuga ko ari kumukuraho imyuka mibi

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uburyo bwiza bwo kuryama bwakurinda kugona

Iyo umuntu aryamira uruhande rw’ibumoso bigira ingaruka nyinshi kandi nziza mu mikorere y’umubiri. Ni mu gihe abantu benshi bibaza uburyo bwiza umuntu akwiye kuryamamo

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop