Tour du Rwanda yakomezaga ku munsi wayo wa Kabiri kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Gashyantare 2024.Muri iri siganwa ryari ryerekeje mu Karere ka Rusizi , niho uwitwa Jonathan Restrepo Valenci yasigiye bagenzi be yegukana agace ka Kabiri k’irushanwa.Uyu Jonathan Restrepo Valenci ni uwo mu gihugu cya Colombia.
KURIKIRA MUMAFOTO