Impamvu utuma abashakanye batinda mu bwiherero

01/07/2023 19:20

Hari ubwo uzumva umugore cyangwa umugabo ataka avuga ko umugore we cyangwa umugabo we atinda mu bwiherero kandi ko atazi impamvu yabyo.

Benshi ku isi bibazo iki kibazo ndetse bikababaho kandi nyamara batazi badasobanukiwe n’impamvu ibitera.Umwe mu bashakanye waganiriye n’ikinyamakuru Times of India yagaragaje impamvu ibitera.

1. Simbanshaka gukora imirimo imwe n’imwe yo murugo.

Uyu mugabo wabajijwe atazuyaje yagaragaje ko ikibazo gituma we ajya mu bwiherero agatindamo ari uko aba adashaka kuvunwa n’akazi ahabwa n’umugore we kandi ngo akaba arakazi ko mu rugo cyane cyane.

Yagize ati:” Impamvu njyamo isa no kwikunda ariko ndabikora.Nanga gukora uturimo tumwe na tumwe two murugo kandi umugore wanjye aba yumva na dukora , mu rwego rwo kubirwanya rero nigiraga mu bwiherero na telefone yanjye nkagaruka aruko meze neza.

Iyo umugore wanjye agiye kukazi aba yumva yabinsigira rero ngenda mbere y’uko agenda kandi ntabwo twashobora kwishyura umukozi”.

2.Kumara ibitotsi.

Iyi mpamvu ushobora kumva ko itangaje ariko niyo mpamvu idasanzwe.Undi mugabo yagize ati:” Dufite umwana muto udusaba guhora tumuri hafi , rero iyo mbonye umwanya nigirayo nkagumayo kugira ngo nkorereyo akazi na cyane ko nkora akazi ka ‘Online’.Umugore wanjye niyo agiye mubiro njye nsigaraho kuko ariho mbona umutuzo.

Mu by’ukuri hari impamvu nyinshi zituma abashakanye bajya mu bwiherero cyangwa mu bwogero bakagumayo abandi bakahakorera akazi ariko ntabwo ari nziza zose.Umubare munini wababikora ni abagabo kuko aribo baba baba bafite ibyo bari guhunga.

Advertising

Previous Story

Kuryamana n’umukobwa ntibikugira intwari kandi ntibimutesha agaciro ahubwo bikwicira ubuzima

Next Story

Dore ibintu byagufasha gukira indwara yo gutinya abakobwa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop