Dore ibintu byagufasha gukira indwara yo gutinya abakobwa

01/07/2023 19:34

Hari abasore bamwe na bamwe batinya kwegera abakobwa rwose mu gace bakaba baziko uwo musore atinya abakobwa byo hejuru bikanamuviramo kuba umusiribateri w’igihe kitazwi kandi ubyishimiye.Utarakira ntabwo uzabasha gutereta cyangwa ngo ukore ibijyanye nabyo.Ese ni iki wakora ?

Burya umukobwa iyo yabonye unaniwe, ugaragara nk’ufite ubwoba nta nubwo akururwa nawe arakureka kubera ko ibyo byerekana ko ntacyizere nawe wifitiye.

ESE WAKORA IKI UKABIHAGARIKA ?
1. Hunga amajwi akuri muntekerezo.

Ushobora kuba uri kwobaza ibibazo byinshi ugashyiramo n’ibitakureba. Urugero, “Ese arambona ute , Ese ndimo kugaragara ute ? , Ese , Ese zikakubana nyinshi.Mu by’ukuri menya ko wowe ntaruhare na ruto ubifitemo.

Aya majwi niyo akubangamira agatuma utabaho mu buzima bw’uwo mwanya rero yacecekeshe.

2. Cecekesha ibyo umubiri wawe uri kwikoresha.

Ugasanga urahagaze ariko umeze nkuri kwiruka, icyo ni cyose ndetse wabuze amifato.Iki na cyo ni ikibazo gituma ukuri imbere akuburira agaciro kuko guhera kubiganza byawe , ntanakimwe kiri mu mwanya wacyo.

3. Igire nk’aho ntakintu uzi.

Wowe ubwawe Igire nk’umuntu udafite na kimwe azi kubirikubera aho bizanagufasha kumenya uko wabyitwaramo.

4. Ihatire kumwegera.

Kora uko ushoboye wihatire kwegera ibutugu bye umuhobere.Kugira ngo umenye ko wakize iyi ndwara yagize abasore benshi abasiribateri batazabuvamo , ni uko wakwegera uwo mukobwa ndetse ugaharanira kujya umubona buri munsi.

5. N’ubusanzwe gerageza kujya wegera abakobwa n’abagore.

Mwegere umusuhuze, umubaze utuntu tugiye dutandukanye bizagufasha gukira iyo ndwara.

Advertising

Previous Story

Impamvu utuma abashakanye batinda mu bwiherero

Next Story

“Ntabwo ari icyaha kwishima” ! Zari yavuzeko Shakib atari umwana yikuraho igisebo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop