Ibyo utabwiwe ku kibatsi cy’urukundo kiri hagati y’umuhanzi Chris Eazy na Umuhoza Pascaline witabiriye Miss Rwanda

25/10/2023 07:14

Nyuma y’igihe bagerageza guhisha urukundo rwabo , byagaragaye ko Chris Eazy yihebeye umukobwa witwa Umuhoza Pascaline witabiriye irushamwa rya Miss Rwanda 2022.

 

Amakuru y’urukundo rwabo yagiye hanze ubwo Chris Eazy yajyaga guha ifoto Umuhoza Pascaline ahubwo akayishyira kuri Snapchat niko gukwira hose.Amakuru igihe cyakuye ku nshuti ya Eazy ya hafi , yavuze ko iyo foto yafashwe kera cyakora ngo kugeza ubu yongeye kwamamara.Ati:” Ni ifoto imaze iminsi , sinibuka igihe bayifatiye, gusa yongeye kwamamara kuko Chris Eazy yayishyize kuri Snapchat ye atabishaka ashiduka yagiye”.

 

Uwatanze amakuru yavuze ko Eazy yashyizemo indirimbo ya The Ben [ Mu ifoto ] , kubera uburyo mu minsi ishize yari arikugarukwaho, agiye kuyiha umukunzi we birangira ayisangije abamukurikira.

 

Amakuru avuga ko Chris Eazy n’uyu mukobwa usigaye yibera muri Pologne basigaye bakundana mu ibanga

Advertising

Previous Story

No muri Kenya ibiciro byatumbagiye ! Amafunguro arimo kugaburirwa abanyeshuri bo muri Kenyetta University akomeje kuvugisha benshi

Next Story

Alliah Cool yashyize hanze filime itaravuzweho rumwe kubera amashusho arimo y’ubusambanyi arimo

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop