Ibisobanuro by’uko uhagaragara n’uburyo bihuye n’uko witwara mu gitanda

02/07/2023 07:25

Buri mukinnyi afite uko yitegura umukino n’uko awukina bigendanye naho yitoroje cyangwa n’uwamutoje, gusa burya uko uhagaragara n’umwanya usiga hagati y’amaguru yawe bifite igisobanuro gikomeye mu buryo witwara mu gitanda cyangwa uko ushobora kuzitwara niba utarageza igihe ngo ubyemererwe n’amategeko.

Ubwoko bwa 1.

Amaguru yawe arafatanye neza gusa harimo akanya gato cyane hagati yayo ufatiye kugatsinsino.Ubushakashatsi bugaragaza ko niba uteye gutya mu gitanda uri igitangaza ndetse ngo n’abagabo baragukunda cyane (Urabakurura cyane).Ikindi kandi bivugwa ko ngo ugira isoni cyane bikaba byarambira uwo muri kumwe.

Ubwoko bwa 2.

Ufite umwanya munini hagati y’amaguru ariko ntabwo ari munini cyane, amaguru yawe ahuriye kugatsinsino hagati hagasigaramo umwanya.Uyu mwanya urimo hagati, usobanuye ko iteka mu gitanda uba wumva wagerageza ibintu bishya byose.Ukunda gufata inshingano kabone nubwo waba utiyizeye.

Ubwoko bwa 3.

Amaguru yawe arafunze hejuru uhereye ku gitsina ariko kumanuka hasi kumavi harafunguye, hagati y’amavi harafunguye ariko hasi kubirenge harafunze mbese udutsinsino nitwo dufunze.Ubushakashatsi buvuga ko wowe iyo wabishatse umugabo wawe wamusaza mu gitanda kubera ko wifitemo ubwo bushobozi, muri make uri umuhanga cyane.

N’ubwo ubwoko bwa 4. Tutabugarutseho nk’umwihariko wabwo, burya abantu bafite amaguru ateye kuriya , baba bari hagati na hagati muri make barasanzwe.

Isoko: Fleekload

Advertising

Previous Story

Umuforomokazi w’imyaka 28 yahitanywe n’inda nyuma yo guhamagara imbangukira gutabara igatinda ku mugeraho

Next Story

Dore ibi bibazo birakwerekako umukunzi waweagukunda cyane nusanga byose igisubizo ari ‘Yego’

Latest from Imyidagaduro

Go toTop