Umuforomokazi w’imyaka 28 yahitanywe n’inda nyuma yo guhamagara imbangukira gutabara igatinda ku mugeraho

01/07/2023 20:42

Inkuru ibabaje y’umuforomo kazi w’imyaka 28 yateye benshi agahinda gakomeye nyuma yo gupfa azize ko imbangukira gutabara yamugeze ho itinze.

Stabile Sibanda w’imyaka 28 wari umuforomokazi, yitabye Imana atwite azize kuba yahamagaye imbangukira gutabara igatinda kumugeraho bityo biza kumuviramo gupfa.

Uyu mugore yahamagaye imbangukira gutabara ahagana saa tanu zamanywa abwira abamwitabye ko afite ikibazo Munda ndetse ko arikuribwa.Ubwo uyu mugore yahamagaye abo bakora mu mbangukiragutabara, bo bari mu bintu byinshi hari no kwirukanka mu barwayi ba bari indembe bityo batinda ku mugeraho.

Ubwo hageraga saa munani zamanywa, yitabaje imbangukira gutabara yigenga gusa bari bafite ubumenyi bucye mu kwita kubarwayi.Ubwo yagezwaga ku bitaro byabaye ngombwa ko yihutanwa mu bitaro ariko ubwo yari mu mbangukiragutabara ntabufasha bw’ibanze yari yahawe aribyo byaje kumuviramo kwitaba Imana.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: Daily Mail

Advertising

Previous Story

“Ntabwo ari icyaha kwishima” ! Zari yavuzeko Shakib atari umwana yikuraho igisebo

Next Story

Ibisobanuro by’uko uhagaragara n’uburyo bihuye n’uko witwara mu gitanda

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop