Hahiye ! Icyamamare Burna Boy na Vera Sidika wo muri Kenya bari kuvugwa mu rukundo

02/11/2023 14:32

Umuhanzi kabuhariwe muri Afurika Burna Boy na Vera Sidika wo muri Kenya bari kuvugwa mu rukundo.

 

Uyu mukobwa wo muri Kenya , umaze kwamamara kumbuga nkoranyambaga arimo kuvugisha abantu benshi nyuma y’aho bivuzwe ko ari gukirigita umutima wa Burna Boy.

 

Ibi byavuzwe nyuma y’amafoto yabo bari i Lagos muri Nigeria byemezwa ko bahuriyeyo kuri gahunda bari bahanye bombi.

 

Kubona Burna Boy na Vera Sidika wirirwa avugisha abanyakenya amangambure byatumye hibazwa niba kwishongora kwe ariko kwamugejeje kuri kizigenza Burna Boy.

 

Si ubwambere Vera Sidika na Burna Boy bagaragaye bari kumwe kuko no mu mwaka wa 2020 nabwo bafashe amashusho bishimanye muri Los Angeles, gusa Sidika avuga ko Ubusanzwe icyo gihe Burna Boy yari afite undi mukobwa bakundana.

Advertising

Previous Story

Diamond Platnumz akomeje gushinjwa gutonesha Naseeb Junior umwana yabyaranye na Tanasha Donna

Next Story

Ni gute wakira indwara yo gutinya kubabarizwa mu rukundo ukagera aho wumva utakongera gukundana

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop