Google igiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube Channels zimaze imyaka 2 zidakora

15/11/2023 07:28

Urubuga rwa Google rwatangaje ko rugiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube zidakora.Ibi ngo bizatangira mu kwezi kwa Ukuboza uyu mwaka.

 

Mu mwaka wa 2020, Google yasabye ba nyiri accounts zidakora kuzisiba ivuga ko zikoreshwa n’aba Hackers biba amakuru y’abandi.

Kuri ubu rero, uru rubuga rwa Google rwatangiye guha abantu impuruza zibasaba gusiba Konti zidakoreshwa byibura mu gihe cy’imyaka 2.

Google ibwira abantu ko niba bashaka kugumana Konti zabo , basabwa gusura ubutumwa bwahawe, bakabusoma ndetse bakanasubiza.

Src: Rwandasun / Gugiraneza Thierry

Advertising

Previous Story

Umukobwa uririmba indirimbo zo kuramya Imana muri Kenya, yagaragaye mu muhanda afite icyapa avuga ko ashaka umugabo w’umuherwe

Next Story

Umuhanzikazi Zuchu yaciye agahigo muri Wasafi ya Diamond Platnumz

Latest from Ikoranabuhanga

Menya Icyateye ibura rya interineti

Ku cyumweru , tariki ya 12 Gicurasi, ikibazo gikomeye cya interineti cyibasiye uduce tumwe na tumwe two muri  Afurika y`iburasirazuba no mu Majyepfo, aho
Go toTop